•     

Ubuzima

Minisitiri yitabye Imana

Uwahoze ari Minisitiri w'Uburezi muri Kenya witwa Prof George Magoha yitabye Imana afite imyaka 71

Bahagaritse gushyingura bitewe nuko abagore ba batatu ba...

Umugabo wari usanzwe afite abagore batatu yitabye Imana hanyuma abagore be barwanira umurambo ngo buriwese ajye ku mushyingura mu...

Police yataburuye umurambo w'umusore umaze umwaka ashyinguye...

Police yo mu ntara ya Kigoma ifatanyije n'inzego z'ubuzima, bataburuye umurambo w'umusore umaze umwaka yitabye Imana nyuma yo ku mubona...

Umugabo yakoze impanuka abana be babiri bitaba Imana

Umugabo wo muri Zambia yari atwaye imodoka irimo abantu barindwi harimo n'abana be 2 baba hungu akora impanuka babiri bitabye Imana...

Umusirikare yarashwe nyuma yo kubaza umugenzi impamvu anywa...

Umusirikare muri Kenya wari mu kibari ( Ikiruhuko) iwabo, yarashwe arakomereka nyuma nyuma yo kubaza umugenzi impamvu anywa urumogi...

Abantu 564 banduye Cholera mu masaha 24

Muri Malawi abantu 564 anduye Cholera mu masaha 24 nkuko byatangajwe na Minisiteri y'Ubuzima

Umugabo yakubiswe n'inkuba asanze Mucoma ariho asambanya...

Umugabo wo muri Uganda witwaAlex Okuta, utuye mu karere ka Apac Yasanze umusore ukora akazi ko kotsa mushikaki bazwi ku izina rya...

Umugabo yishe umugore amuziza umugati

Umugore witwa Ogochukwu Anene, utuye mu gace kitwa Enugu muri Nigeria wari ufite abana batanu yishwe n'umugabo we amuziza umugati.

Umupolisi yitabye Imana aguye muri Guest House

Umupolisi witwa Stewart Kaino ufite inyaka 47 yasanzwe yapfiriye munzu zicumbikira abagenzi zizwi nka Guest House iherereye mu Ntara...

Umunyeshuri yiyahuye nyuma yaho umukunzi we amubenze

Umunyeshuri witwa Gunze Luhangija, wigaga mu mwaka wa kabiri muri Kaminuza mu ishami ry'icungamutungo mu Ntara ya Moshi muri Tanzania...